IMYITOZO 1,000 ya PERMIS PROVISOIRE (Uruhushya rw’Agateganyo rwo Uutwara Ubinyabiziga), Ibibazo n’Ibisubizo byatanzwe na Traffic Police (RNP).

  • Tohoza INFO
  • 14/06/2023 22:05
  • Nyarugenge, Kigali City, Rwanda
FeaturedTop
IMYITOZO 1,000 ya PERMIS PROVISOIRE (Uruhushya rw’Agateganyo rwo Uutwara Ubinyabiziga), Ibibazo n’Ibisubizo byatanzwe na Traffic Police (RNP).

IMYITOZO 1,000 ya PERMIS PROVISOIRE (Uruhushya rw’Agateganyo rwo Uutwara Ubinyabiziga), Ibibazo n’Ibisubizo byatanzwe na Traffic Police (RNP).

Kwitegurira gukorera Ibizamini bya Traffic Police ukorera Uruhushya rw’Agateganyo rwo Uutwara Ubinyabiziga, nta gihe byoroshye nk’ubu !!!

Tohoza QUIZ ni service ya Tohoza (COM&C Ltd) ibafasha gukora imyitozo binyuze mu ikoranabuhanga, kuburyo bworoheye buri wese kandi buhendutse.

Inyungu za Tohoza QUIZ:

  1. Birahendutse mu buryo bugaragara.
  2. Kwimenyereza gukora ikizamini binyuze mu ikoranabuhanga, kuko Tohoza QUIZ imeze nk’ibya Traffic Police.
  3. Wiga ukanitoreza igihe ushakiye, bitagusabye guhora wirukankira kuri Auto Ecole kugirango udakererwa ngo amasomo agucike.
  4. Ubyaza umusaruro akanya kose ubonye, kuko aharihohose uri wakwitoza ukaniga. Uri nko muri bus mu rugendo, wicaye ahantu utegereje umuntu, uri ku murongo muremure nko muri gare cyangwa banki, n’ahandi henshi… Nta mwanya wo gupfa ubusa.
  5. Imyitozo myinshi utasanga ahandi, igera kuri 1,000 yakusanyijwe mu bibazo byose Traffic Police yagiye ibaza hirya no hino mu gihugu uko imyaka yagiye itambuka.

Muzasangamo ibi bikurikira:

Igazeti ya Leta
Igazeti ya Leta yanditse mu buryo buryoheye gusoma kandi butarambirana.

Tangira Usome
Imyitozo 1,000
Imyitozo myinshi cyane iborohereza kwitegurira ikizamini cya Twaffic Police, kandi mukakijyamo mwizeye gutsinda.

Tangira Witoze

 

  • Category : Trainings

Location

Nyarugenge,Kigali City,Rwanda

Leave a Review

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× WhatsApp with us!